Padiri Mukuru wa Paruwasi ya Stella Maris Mariyamungu Jean Nepomuscene yibukije ko kurwara ari ibisanzwe ko ahubwo ikibazo ari bamwe usanga batererana…
Nyuma yo kwita ku barwayi,abakozi bo mu Bitaro bya Gisenyi bifatanije n'Isi yose mu kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w'Umugore byo kuri uyu wa 08 Werurwe…
Minisitiri w’Ubuzima Dr Nsanzimana Sabin yashimye isuku yasanze mu Bitaro bya Gisenyi yemeza ko n’ubwo zimwe mu nyubako zabyo bigaragara ko zishaje…
Ku bufatanye n'Ihuriro ry'abaganga b'indwara zo mu nda (Endoscopic Fellowship Group) Abarwayi 167 bari bafite ibibazo mu gifu no mu gice cy'amara…
Abitabiriye ibirori byo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’abarwayi hongeye kwibutswa ko kwita ku barwayi bikwiye gufatwa nk’ishingano za buri wese haba…
Abarwayi bagera kuri 85 bavuwe ishaza mu Bitaro bya Gisenyi bishimiye kongera kubasha kureba nyuma y’igihe bari bamaze batareba bemeza ko bigeye…
Ababyeyi bongeye kwibutswa akamaro ko gupimisha inda ishuro zigenwe ndetse no kwitabira kubyarira kwa muganda kuko bifasha mu gusigasira ubuzima…
Umubiri w’ umuntu ukenera byinshi mu buzima. Mu byo umubiri wacu ukenera byibanze, harimo ibiribwa byubaka umubiri, ibitanga imbaraga ndetse n’ibifite…
Worth Rwf1 billion, construction works for the facility was completed in November last year and official inauguration ceremony took place yesterday.
…
With the Ebola epidemic in the Democratic Republic of the Congo now in its tenth month and the number of new cases increasing in recent weeks, the…